Juvenal Marizamunda yabwiye abagifite ibitekerezo byo gutera u Rwanda ko uwo mugambi usa n’inzozi batazakabya. Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe mu cyahoze ari Cour d’Appel de Ruhengeri n’abajugunywe mu ...
Mu mboni ze, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente asanga Abanyarwanda bose barigishijwe kubana neza kandi babyumva batyo. Ni imwe mu ngingo ikubiye mu kiganiro yaraye ahaye abaturage bo mu Karere ...
Umworozi witwa Nzabakurana Jean Marie Vianney worore mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze avuga ko aho inganda zikora ibiryo by’amatungo zitangiriye gukora, byatumye amatungo cyane cyane i...
Kuri iki Cyumweru Tariki 19, Mutarama, 2025 abatuye Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze batunguwe no kubona imbogo ebyiri ziri kurisha mu mirima yabo. Bahuruje habura uburyo bwo kuzisubiza muri Pa...
Nsengiyumva Jean Damascène w’imyaka 22 y’amavuko yapfiriye mu kirombe kiri mu murima wa Singirumukiza Fidèle kiri mu Mudugudu wa Gasanze, Akagari ka Cyabararika mu Murenge wa Muhoza ho mu Karere ka Mu...
Kuri uyu mugoroba, Guverineri Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye ku mugaragaro uruganda ruzakora inzoga ikomeye ya Vodka mu birayi. Ni uruganda rwitwa Virunga Mountai...
Mu Karere ka Musanze hatewe ibiti 6,000 ku musozi uri mu Murenge wa Gashaki hagamijwe kurinda ko isuri ikomeza kwisuka mu kiyaga cya Ruhondo. Ikiyaga cya Ruhondo gikora no ku Karere ka Burera, kikagir...
Mu rugabano rw’Imirenge ya Musanze na Shingiro( yombi ni iyo muri Musanze) hari umugezi wakundaga kuzura amazi mu gihe cy’imvura ku buryo hari abana wahitanaga. Ubuyobozi bwawubatseho ikiraro kugira n...
Mu rwego rwo gukangurira abaturage kwihaza mu biribwa, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Mungenzi Patrice yasabye abatuye Musanze kwita ku buhinzi bakareka kunywa inzoga kuko zibazahaza. Inzoga k...
Mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze hari umwana w’umukobwa w’imyaka 12 urera abavandimwe be batatu. Abaturanyi b’abo bana babwiye itangazamakuru ko abo bana bagiye kumara imyaka ibiri bibana. Abab...









