Mu kigo cya Mutobo kiri mu Karere ka Musanze, habereye umuhango wo guha impamyabumenyi y’amahugurwa yahawe abantu 735 bahoze ari abarwanyi mu mitwe irwanya Leta. Biyemeje guhindura ibitekerezo, biyeme...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022 amakuru agera kuri Taarifa avuga ko umutuzo wagarutse muri Musanze na Burera nyuma y’ibisasu byahaguye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Gicurasi...
Abofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College -NPC) riba i Musanze bamaze iminsi ibiri mu Butaliyani mu rugendoshuri rugamije guhuza ibyo bigishirizwa i Musanze...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Akarere ka mbere kagaragaramo ibyaha birimo gusambanya abana no gukoresha ibiyobyabwenge ari Gasabo. Gasabo niko Karere konyine kari ku rutonde r...
Muri Kigali no mu Ntara hari abakunzi b’ibinyobya bya Bralirwa bijujuta ko bimwe byahenze cyane, ibindi bikabura ku isoko. Mu byahenze harimo Mutzig kuko mu tubutiki aho yaguraga Frw 1000 mu mpera z’u...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...
Ubwo yarangizaga amahugurwa y’abagenzacyaha yari amaze iminsi abera mu Ishuri rya Polisi riri mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr Emmuel Ugirashebuja yasabye...
Mu ruzinduko rwe rw’iminsi itatu afite mu Rwanda, Lt Gen Teo Luzi uyobora Polisi y’u Butaliyani yasuye ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda rikorera mu Karere ka Musanze, asaba abapolisi bahiga by’umwi...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe Habarurema Jephte hamwe na Habarurema Desiré bakekwaho kugira uruhare mu gukubita no gukomeretsa Mukamusoni Esperance, uyu akaba ari umugore wa Habarurema, bakab...
Polisi yatangaje ko nyuma yo gufatira mu Karere ka Musanze abantu 24 barenze ku mabwiriza bakajya mu birori byo gutegura umukobwa wenda gushyingirwa, bategetswe kwipimisha COVID-19 habonekamo batatu b...









