Hari Abakuru b’Imidugudu yo mu Karere ka Musanze bavuga ko bakeneye telefoni zabo bwite kandi zikoresha murandasi kugira ngo bajye batanga raporo z’akazi batiye abaturage. Abaganiriye n’itangazamakuru...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16, Nzeri 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze- k’ubufatanye n’izindi nzego- yakoze umukwabo wo gufata ibinyobwa bitemewe n’amategeko mu Mirenge ya Mu...
Mu Mudugudu wa Bannyisuka, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musanze, Akarere ka Musanze haravugwa urupfu rwa mutwarasibo wiyahuye abitewe no kutihanganira ubusinzi bw’umugore we. Hari inyandiko bavug...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 06, Nzeri, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze k’ubufatanye n’abaturage yafunze ahakorerwaga inzoga bita Karigazoke, uwazikoraga arafungwa nazo ziramenwa. Hamenwe litiro ...
Umwe mu bafite ubumuga w’impuguke witwa Jacques Mugisha aherutse kubwira itsinda ry’abanyamakuru ko bumwe mu buryo bwiza bwo gukorera inkuru abafite ubumuga, ari ukubaha umwanya bakerekana uko ibintu ...
Abatwara amagare bakorera mu mujyi wa Musanze basaga 100 bibukijwe ko kwirinda impanuka bakazirinda n’abandi ntawe bitagirira akamaro, Polisi ibasaba kujya babizirikana. Igare ni ikinyabiziga kitagira...
Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Dominique Habimana avuga ko kuzirikana agaciro k’ubuvandimwe kagaragaraga mu muhango w’Umuganura hambere, n’ubu ari kimwe mubyo Ubumwe ...
Ikigo kizwi mu gukora sima mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Bugarama kitwa CIMERWA Plc kigiye gushora Miliyoni $190 mu kubaka uruganda rutunganya iby’ibanze bikoreshwa mu gukora sima, rukazubakwa i Mu...
Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika. Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Ak...









