Raporo ivuga uko ubukene buhagaze mu Banyarwanda, itangaza ko kugeza n’ubu Abanyarwanda batunzwe n’isuka ari bo bugarijwe n’ubukene. Bangana na 42% by’abakene bose u Rwanda rufite. Ikibazo gikomeye ...
Ubwo yakiraga indahiro ya Jean Claude Musabyimana uherutse kuba Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asimbuye Jean Marie Vianney Gatabazi, Perezida Kagame yongeye kwibutsa abayobozi bakuru n’abandi muri...
Hari ba rwiyemezamirimo n’abantu ku giti cyabo MINAGRI ivuga ko banyereje ifumbire bagera kuri 19. Bose uko bakabaye barimo Leta umwenda wa Frw 9.016.018.268. Ikigo cya Itegeri Dieudonné kitwa SOPAV ...


