Abana bo mu Mirenge yose igize Akarere ka Rusizi bahuye biganira uko ibibazo byabo bimeze kugira ngo babigeze ku nzego zibishinzwe bafashwe mu ikemurwa ryabyo. Ibibazo by’abana bo mu Rwanda muri rusa...
Mu Rwanda hatangiye amatora ya Komite zizitorwamo Komite izayobora abana ku rwego rw’igihugu. Komite z’ubuyobozi bw’abana zitorwa guhera ku rwego rw’Umudugudu, abatowe bakajya ku rw’Akagari, abatowe k...
Ni ibyemezwa n’Umuyobozi mu Ihuriro ry’Imiryango ya Sosiyete Sivile iharanira uburenganzira bwa muntu( CLADHO) witwa Evariste Murwanashyaka. Yemeza ko uretse no kuba urubyiruko rwarahagaritse amasomo...
Mu mpera z’iki cyumweru hari inkuru yasohotse muri kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda ivuga ko hadutse ikigo gitanga serivisi zo kurangira umuntu runaka undi ushaka umugabo cyangwa umugore ariko ubyif...
Ashingiye kubyo abona nk’umwe mu bakora mu by’uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana by’umwihariko, Bwana Evaritse Murwanashyaka yameza ko ababyeyi badakurikiza imvugo yisw...




