Akingeneye Janvière w’imyaka 29 y’amavuko wabaga mu Muryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside barangije Kaminuza witwa GAERG abantu bamusanze mu mugozi yapfuye. Bamwe bavuga ko yiyahuye abantu bakavug...
Nyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Lambert Dushimimana yahise asaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa ...
Delphine Kamaziga ni rwiyemezamirimo ukorera mu Mujyi wa Kigali, Kakiru hafi y’ikicaro gikuru cya Polisi. Avuga ko gucuruza ibintu bikozwe mu ibumba bimutunze ndetse n’abo akoresha. Yemeza ko kubumba ...


