Hashize iminsi micye mu itangazamakuru havugwa ko Umunyarwanda wamamaye mu gutwara igare witwa Samuel Mugisha ‘yaburiwe irengero.’ Asanzwe akinira ikipe yo muri Afurika y’Epfo yitwa ProTouch Cycling T...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, mu Karere ka Bugesera habereye irushanwa ryiswe Kibugabuga Race. Ni ubwa kabiri ryari ribaye, umuhungu watsinze yahembye Frw 100,000, umukobwa ahembwa Frw 80,000. Ikipe y...
Ubuyobozi bwa Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare, FERWACY, bwasabye abakora umukino w’amagare kwirinda gutegura amarushanwa batabanje kubumenyesha. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah Murenzi yab...
Ambasade ya Israel mu Rwanda igiye gufatanya narwo kubaka ikigo cy’indashyikirwa mu kwigisha abasore n’inkumi umukino wo gutwara amagare kinyamwuga. Ubutumwa Ambasaderi Ron Adam yacishije kuri Twitter...
Perezida wa Federasiyo Nyarwanda y’umukino w’amagare Abdallah Murenzi yabwiye Taarifa ko mu byo ateganya kuzakora muri manda nshya yaraye atorewe harimo no guteza imbere gutwarira igare mu misozi ihan...
Ubwo yiyamamarizaga kongera kuyobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, Abdallah Murenzi yabwiye abari aho ko natsinda azakora uko ashoboye umukino w’amagare ugakomeza gutera imbere. Ati: “ Munt...
Abdallah Murenzi niwe wenyine wiyamamarije kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare. Yari aherutse kubwira Taarifa ko nabisabwa n’abandi banyamuryango bakamugirira icyizere ko yakongera kubayobora ...
Murenzi Abdallah wari umaze imyaka ibiri ayobora impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare mu Rwanda yabwiye Taarifa ko yishimira ibyo yarigejejeho kandi ko aramutse agiriwe icyizere agasabwa n’abanyamu...
Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare...
Ibibazo byo muri FERWACY byatangiye kumenyekana ubwo Ishami rya Taarifa ryandika mu Cyongereza ryabitangazaga. Havugwagamo itonesha na ruswa ndetse byaje gutuma uwahoze ayobora iri shyirahamwe ry’umuk...









