Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko guhera taliki 21, Gicurasi, 2023 mu Rwanda hazatangizwa amarushanwa y’abana bakina umukino w’amagare. Itangazo rya FERWACY rivu...
I Paris mu Bufaransa haherutse gusinyirwa amasezerano hagati ya Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare n’impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku isi. Perezida wa FERWACY, Murenzi Abdallah yabwiye Taarif...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe. Mur...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana na Chris Froome um...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare yaraye ageze Libreville muri Gabon kwitabira isiganwa mpuzamahanga ryitwa La Tropicale Amissa Bongo. Riratangira kuri uyu wa Mbere taliki 23...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza n’ubw’Impuzamashyirahamwe y’abakina umukino wo gutwara amagare, FERWACY, buherutse gushyira umukono ku masezerano agenga uko irushanwa ry’abakina uyu mukino rizabera i...
Mu Karere ka Musanze kuri uyu wa Kane Taliki 13, Ukwakira, 2022 habereye isiganwa ryiswe Visit Musanze rigamije gushishikariza abantu gusura Akarere ka Musanze. Ryiteguwe n’abasanzwe muri za Koperati...
Perezida wa FERWACY Murenzi Abdallah avuga ko kuba Abanyarwanda baherutse kwitabira irushanwa ryabereye muri Australia baratsinzwe, byatewe n’uko bari bananiwe. Ngo bahageze hasigaye umunsi umwe( amas...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino wo gutwara amagare yabwiye Taarifa ko muri Tour du Rwanda 2023 hazongera hasubireho gahunda yo kuraza abakinnyi mu Ntara runaka bitewe n’aho ...









