Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, Ishami ry’u Rwanda, ryatangaje ko ryemeranyije gukorana n’Ubuyapani mu kongera amafaranga impande zombi zashyiraga mu gufasha Guverinoma y’u Rwanda guha...
Kugira ngo abazahajwe n’ibiza babone ahantu hakwiye ho kwitabwaho, Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yashyizeho ahantu hihariye (sites) izajya ibakirira. Byakozwe mu rwego rwo kuzabona...
Minisiteri y’ ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko imiryango 800 ituriye umugezi wa Sebeya igiye kubakirwa inzu kugira ngo iture ahadashyira mu kaga ubuzima bw’abayigize. Uyu mwanzuro wafashwe hashing...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bakuru baherutse guhabwa inshingano muri Guverinoma y;u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko kuba muri Guverinoma hashyizwemo abayobozi bakiri bato, ari ingirakamaro ku...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Major General Albert Murasira yasinye amasezerano avuguruye hagati y’ingabo z’u Rwanda n’Ikigo kita ku burenganzira bwa bana no gukumira ko bajyanwa mu ntambara kitwa D...
Abasirikare bakuru 48 baturutse mu bihugu bitandukanye (Senior Command and Staff) baraye bahawe impamyabumenyi nyuma y’amasomo mu bya gisirikare bari bamazemo umwaka. 29 muri ni Abanyarwanda mu ngabo ...
Major General Albert Murasira usanzwe ari Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda ari mu Burundi mu ruzinduko yoherejwemo na Perezida Paul Kagame ngo amuhere Perezida w’u Burundi ubutumwa. Ku rukuta rwa Twitte...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we uyobora Minisiteri y’...
Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda Major General Albert Murasira yasabye abandi bafata ibyemezo bya Politiki mu by’umutekano gukorana bya hafi mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba bakarebera h...








