Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umurenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi n’umubaruramari w’Umurenge, bakurikiranyweho ibyaha birimo gu...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Mata, 2021 nibwo Abanyarwanda by’umwihariko n’Isi yose muri rusange bari butangira kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Urwego rw’Igihugu rw’ubug...
Nyuma y’urupfu rwa Dr. Isaïe Mushimiyimana wigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riri i Busogo, Ubugenzacyaha bwabwiye Taarifa ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko yar...
Mu gihe hasigaye iminsi itanu ngo Abanyarwanda bongere kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha byahaye gasopo abakora ibyaha bifitanye isano no kuyihakana no kuyipfobya....
Itangazo riherutse gusohorwa n’Ishyaka Rwanda Platform For Democracy Rya Dr Kayumba Christopher ryavugaga ko abakozi bane b’Urwego rw’Igihugu Rw’Ubugenzacyaha basatse iwe, ndetse bajyana na ...
Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ibidukikije aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho kwakira ruswa. Umuvugizi warwo Bwana Dr Thierry B. Murangira yabwiye...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Dr Thierry B Murangira mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yabwiye Taarifa ko bahamagaje Daniel Murenzi n’abandi bavugwa mu idosiye yo gukoresha nabi amafa...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 22, Mutarama, 2021, Urwego rw’ubugenzacyaha rwafunze Umuyobozi w’ ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro rumukekaho ubwinjiracyaha(kugerageza) mu gukoresha undi...
Nyuma y’uko dusohoye inkuru ivuga ku iperereza twakoze ku cyatumye ubugenzacyaha bufunga umunyemari Paul Muvunyi, RIB yatubwiye ko akurikiranyweho guhimba sinya (signature, impapuro mpimbano) y’umwe m...
Ubwo haburaga amasaha make ngo Abanyarwanda bizihize ivuka rya Yezu nibwo umunyemari Paul Muvunyi yatawe muri yombi. Afungiwe kuri stasiyo ya Polisi i Remera. Taarifa yaperereje imenya icyo afungiwe. ...








