Taarifa yamenye ko Bwana Alfred Byigero wahoze ayobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura ari gukorwaho iperereza n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha. Undi uri gukorwaho iperereza ni Kamugish...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruburira abacuruzi kujya bashishoza bakirinda guhubukira abababwira ko babonye imari kandi iyo mari bita ko ishyushye ishobora kubahombya. Rubivuze nyuma yo gu...
Umusore ukomoka i Karongi aherutse gufatanwa na bagenzi be babiri bakurikiranyweho kwiba Umunya Turikiya witwa Ismail wacuruzaga intebe n’ibindi bikoresho bya mu rugo. Yabwiye itangazamakuru ko yabiko...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bweretse itangazamakuru bamwe mu bo ruheruka gufata rubakurikiranyeho kwiba umushoramari w’Umunyamahanga. Rwagaruje ibihumbi birenga 700 by’amadolari. Uwibwe ni umut...
Umugabo witwa Mugisha Conary ukomoka muri Uganda aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kwiyita ko ari Umunyarwanda kugira ngo abone uko yizerwa n’abacu...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu( REG) Bwana Ron Wiess avuga ko hari bamwe mu bakozi b’Ikigo ayobora bakorana n’abajura bakacyiba ibikoresho birimo intsinga n’ibindi. Yabivuze nyuma y’uko...
Hari abayobozi mu nzego z’ibanze mu turere twa Musanze, Burera na Gucumbi bafungiwe gukoresha nabi ububasha bahabwa n’amategeko bakakaga abaturage ruswa. Barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imireng...
Abanyarwanda batatu baherutse gufatwa n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rubakurikiranyeho icyaha cyo gushinga umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo ndetse no kwihesha ikintu cy’undi hak...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu 66 mu birego 83 rwakiriye, bakurikiranyweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside, gupfobya no guhakana jenoside yakorewe ...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwagiranye ikiganiro n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB. Cyagarutse ku bujura bwakorewe mu Karere ka Rusizi bugahitana abantu. Umuvugizi w’uru Rwego Dr Thierry B. Murangi...









