Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umukinnyi wa Filimi nyarwanda wamamaye ku izina rya Ndimbati. Umuvugizi w’uru rwego yabwiye Taarifa ko uriya mugabo akurikiranyweho gusamba...
Abatuye Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bavuga ko bakoresha amasaha atanu bajya ku rwego rw’ubugenzacyaha bubegereye kugira ngo barugezeho ibirego. Umwe mu bagabo bakoresh...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko umusizi Innocent Bahati wari umaze iminsi arangishwa n’itangazamakuru ry’i Burayi ko yaburiwe irengero, yavuye mu Rwanda akajya muri Uganda. The G...
Umwe mu bakozi bo mu Rukiko rw’Ikirenga yafashwe n’abagenzacyaha ari kwakira ruswa ya Miliyoni 1.4 akaba yari ay’ibanze( avance) kugira ngo atangire igikorwa cyo kuzatuma uwo muburanyi atsinda binyuze...
Hashize amasaha macye Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa The Guardian gitangaje ko hari abantu 100 biganjemo abanditsi n’abandi basaba Perezida Paul Kagame kugira icyo akora umusizi witwa Innocent...
Itangazo ryasohowe n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rivuga ko bidatinze, abakozi barwo bazajya bagaragara mu kazi bambaye impuzankano. Umuvugizi w’uru rwego mu kiganiro kihariye yahaye Taarifa yav...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, butangaza ko 4.5% by’amadosiye y’abo rukurikiranyeho ibyaha byakozwe hagati y’umwaka wa 2018 kugeza mu mwaka wa 2021 bagishakishwa. Hagati aho 61,3% by’abantu ...
Reka duhere kuri Kaminuza avuga ko yizeho ubwayo. Ibya Kaminuza yitwa Atlantic International University umugabo uherutse gufungwa na RIB imukurikiranyeho impapuro mpimbano zirimo impamyabumenyi ihanit...
Ubwo yasubizaga ikibazo cy’icyo RIB yasanze gishobora kuba gitera abantu kwica amategeko cyane cyane bakabikora bakoresheje ikoranabuhanga, Dr Thierry B. Murangira yavuze ko impamvu y’ingenzi ibitera...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha Dr. Thierry B. Murangira niwe waraye utanze iyi gasopo. Avuga ko abantu barengera bagakoresha ruriya rubuga nkoranyambaga kugira ngo babibe ingengabiteke...









