Taliki 05, Nzeri, 2022, Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abakozi bane barimo abakorera RSSB n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Mibirizi witwa Dr Nzaramba Théoneste. Abandi bafatanywe na Dr Nzaramba ni ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruherutse guta muri yombi uwitwa Dieudonné Ntihabose rumukurikiranyeho kwiyita ko ari umunyamakuru kandi mu by’ukuri ikinyamakuru akorera kitemewe mu Rwanda. ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo rwitabiriye Imurikagurisha mpuzamahanga ribaye ku nshuro ya 25. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B.Murangira avuga ko kumurikira abaturage serivisi RIB itanga...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere wungirije imukurikiranyeho icyo ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano. Amakuru dufite avuga ko uri...
Hari abanyamuryango za Koperative zimwe na zimwe zo mu Rwanda bavuga ko hari umutungo babikije Koperative zabo ariko ntibamenye irengero ryawo. Ubuasanzwe abantu babitsa za Koperative bagamije ko umu...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwafashe abagabo babiri rukurikiranyeho ibyaha bibiri ari byo gukwiza ibihuha no kwiyitirira umwirondoro. Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buvuga ko bidakwiye ko umun...
Abanyeshuri bo mu Rwunge rw’amashuri rya Kagarama mu Karere ka Kicukiro bavuga ko iyo ingimbi cyangwa umwangavu adashishoje, ashobora kugushwa na mugenzi we mu byaha bihanwa n’amategeko. Babivuze nyum...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, bwatangije ubundi bukangurambaga butari busanzwe. Ni ukuburira abanyeshuri mu mashuri yisumbuye uko ubutagondwa butangira mu bantu, ibimenyetso byabwo n’uburyo...
Mu masaha agana saa cyenda z’ijoro hari ku wa Kabiri taliki 05, Mata, 2022 abantu bafashwe amashusho bari gukubitira umuntu mu muhanda baramunegekaza. Amakuru Taarifa yamenye avuga ko biriya bijya k...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rusaba abakoresha imbugankoranyambaga cyane cyane YouTube kwirinda gushyira abana ku karubanda bagamije kongera ababareba bityo bikabinjiriza amafaranga. RIB ibitangaje n...









