Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Turahirwa Moses ukurikiranyweho ibyaha by’inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu yamamaye cyane m...
Umubikira uyobora Ikigo Nderabuzima cy’i Kivumu mu Karere ka Rutsiro akurikiranyweho icyaha cyo ‘kwirengagiza’ gutabara umuntu uri mu kaga. Bivugwa ko yinangiye yanga gutanga imbangukiragutabara y’ibi...
Urwego rw’ubugenzacyaha burashakisha uwitwa Sebanani Eric kubera icyaha bumukurikiranyeho cy’ubwicanyi. Ubugenzacyaha buvuga ko uwo bushakisha asanzwe afite izina bamuhimba rya Kazungu. Umugore yishe ...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira ari i Nkumba aho abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Burasirazuba bateraniye mu itorero. Yababwiye ko ingengabit...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buherutse guta muri yombi abasore batatu bakurikiranyweho kwiba umukiliya wari waje kuhacumbika. Bamwibye $6,800. Ni amafaranga yari yabikijwe ushinzwe kwakira abakiliya.. A...
Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gahengeri haherutse gufatirwa umusore na mushiki we bakurikiranyweho kwiba umuntu $32,500 yari abitse iwe. Uwibwe yabwiye itangazamakuru ko ayo mafaranga yari yara...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruherutse gutangaza ko hagati y’umwaka wa 2020 n’umwaka wa 2022 mu Banyarwanda 150 bacurujwe, abenshi ari abagore. Mu mwaka wa 2020 uru rwego rwakiriye ibirego 33 by’a...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafashe umugabo wari ukuriye uru rwego ku rwego rw’umujyi wa Kigali rumukurikiranyeho kwakira cyangwa kwaka indonke. Hari no kwihesha ikintu cy’undi. Niwe muyobozi ...
Aurore Kayibanda Mutesi wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012 aherutse gukora ikosa umuntu adashobora gutekereza ko ryakorwa n’umukobwa nkawe! Yasize $10,000 mu modoka arakinga arigendera aza k...
Dr Thierry B.Murangira avuga ko mu gihe kingana n’umwaka, ni ukuvuga guhera muri Nyakanga, 2020 kugeza muri Kamena, 2021, Abanyarwanda 285 biyahuye. Ubusanzwe kwiyahura ni ikibazo gishobora kugera ku ...









