Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafashe bamwe mu basore bakurikiranyweho gushikuza abantu amasakoshi. Bafatiwe mu bikorwa bitandukanye byo kubahiga byabereye hirya no hino mu Rwanda. Abagize ako gatsiko bavu...
Ubugenzacyaha bwatangaje ko Uwera Pacifique Ahmed usanzwe ari Umuyobozi wa BTN TV( Best Television Network TV) afungiwe muri gereza ya Nyarugenge i Mageragere kubera ibyaha byo gutanga sheki zitazigam...
Uwo ni Kizungu Claude w’imyaka 39 y’amavuko ufite ubwenegihugu bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ufungiwe i Rusizi nyuma yo gufatwa akurikiranyweho gucuruza amahembe y’inzovu. Aherutse gufatanwa i...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rusaba Abanyarwanda kujya bitaza gato umumotari mbere yo kumwishyura bakoresheje telefoni kuko bari bamwe bazishikuza bakiruka. Ni umuburo Umuvugizi wa RIB yah...
RIB yatanye muri yombi abakozi umunani bo mu nzego za Leta nyuma y’ igihe ibakoraho iperereza ku byaha byo kwiba no kugurisha ibizamini by’akazi. Abo bakozi barimo abagenzuzi b’imari(internal auditors...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugira abantu Inama y’uko igihe rubatumije ngo rugire icyo rubabaza bakwirinda kurukwepa. Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry B.Murangira yabwiye Taarifa ...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza bafashe umusore bemezaga ko ari umujura w’ihene baramukubita arapfa. Babwiye bagenzi bacu ba Radio/TV1 ko bamukubise kubera ko n’ubundi ngo iyo ag...
Ubugenzacyaha busaba Abanyarwanda kwirinda icyo ari cyo cyose cyatuma bica amategeko harimo no gukoresha nabi imbugankoranyambaga. Umuvugizi w’uru rwego, Dr. Thierry B. Murangira avuga ko niba bidakwi...
Nibishaka Théogène usanzwe usengera mu Itorero rya Pantekote ADEPR aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha bifitanye isano no gutangaza amakuru y’ibihuha agamije...
Urwego rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rwaje kubona ko mu bantu biba intsinga baba barimo abakozi b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu, REG. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B. Murangira aherutse k...









