Umwe mu bagenzacyaha ukorera mu Mujyi wa Kigali aherutse guhabwa ruswa n’umwe mubo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwari rwafashe arayanga. Ni ruswa ya Miliyoni Frw 4 zirenga. Uwo mugabo yari umwe mu bantu 1...
Ku myaka 24 umusore yibye shebuja $17,200 atorekera i Musanze ariko afatwa amenshi muri yo yamaze kuyohereza kuri konti ye. Bivugwa ko uyu musore yari asanzwe akorera shebuja mu Karere ka Gasabo. Umuv...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bweretse itangazamakuru abantu batandatu bakekwaho kwiba imodoka bari bakodesheje ba nyirazo. Abo basore uko ari batandatu bavugwaho gukodesha imodoka na ba nyirazo babas...
Ubugenzacyaha buvuga ko abantu barindwi iherutse gufata bashaka kwiba miliyoni Frw 100, abakozi b’uru rwego bari bamaze iminsi babagenda runono. Kuri uyu wa Kane nibwo yeretse itangazamakuru batandatu...
Bishop Rugamba Albert yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye. Byemejwe n’Umuvugizi w’uru rwego Dr. Thierry Murangira. Ati: “Nibyo k...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru abasore ruvuga ko rwabafatanye telefoni bibaga abaturage. Ni abasore batanu kandi ubona ko bakiri bato. Iyi operation ije ari iya kabiri nyuma y’u...
Kuri iki Cyumweru Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwafunze umukozi wa Televiziyo ya ISIBO TV bumukurikiranyeho icyaha cyo gukubitira no gukomerekereza umuntu mu kabari gaherereye mu Murenge wa Kimihurura mu...
Guhera mu mwaka wa 2001 umugabo w’imyaka 51 y’amavuko witwa Emmanuel Ntarindwa yabaga mu mwobo we n’umugore we w’imyaka 53 bacukuye mu nzu yabo. Yihishaga ko bamubona kubera uruhare yagize muri Jenosi...
Ubugenzacyaha bwafashe abagabo babiri bafitanye isano bakurikiranyweho ubujura n’ubufatanyacyaha mu kwiba $9,500. Abo ni Bihirabake Jerôme na Mbonigaba Jean Bosco. Umugore wibwe yabwiye itangazamakuru...
Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero haravugwa inkuru y’umwarimu ufunganywe n’abantu batanu, akurikirakiranyweho kwica uwo babyaranye wamusabaga indezo. Ubugenzacyaha bwatangaje ko bwabafunze m...









