Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira yavuze ko uru rwego ruherutse gufata abantu 26 rukurikiranyeho gutekera abandi umutwe bakabiba ibintu byose hamwe bifite ag...
Iki kibazo Taarifa Rwanda yakibajije Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira. Yasubije ko uru rwego ruri kubishyira ku murongo ngo uwo muhigo utangire gushyirwa mu...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Dr. Thierry B.Murangira yatangaje ko uru rwego rwafunze abagabo batatu b’abanyamahanga kubera ubucuruzi bw’amafaranga butemewe bakoraga. Ni ubucuruzi ba...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rurasaba Abanyarwanda bajya gusenga kujya bitwararika Telefone zabo kuko hari abazihibirwa. Umuvugizi w’uru rwego, Thierry B. Murangira, yabivu...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru abagore babiri(ku ifoto babanza ibumoso) bakoranaga n’umugabo ugishakishwa ruvuga ko biyitaga abakozi barwo bakaka ab...
Nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe. Mu ijoro ...
Mu rwunge rw’amashuri rwa Mutongo ruri mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi haravugwa abanyeshuri babiri baherutse gufungwa bakurikiranyweho ibyo abanyamategeko bita ‘ubwinjiracyaha mu cyaha’ cyo ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru abantu ruvuga ko bashakaga kugurisha ubutaka bw’undi bamwiyitiriye. Aberetswe itangazamakuru bafashwe nyuma y’uko tariki 04, Ukuboza, ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi( ni amapingu) umushinjacyaha wo ku rwego rw’ibanze ukorera mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Karongi akurikiranyweho ruswa no kwaka indonke...
Me Samuel Nkubayingoga umunyamategeko w’Uruganda Ingufu Gin Limited avuga ko ubwo babonaga ko ubwo babonaga ko hari abantu bigana inzoga z’uruganda rwabo, byababaje bityo agiye kubatangira ikirego. Mu...








