Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu bigize Commonwealth byashoye mu rubyiruko kugira ngo rube ari rwo ruzabizanamo iterambere rirambye. Yaraye y...
Ubwo yagiraga icyo abwira abari baje kwitabira Inama yigaga ku ikwirakwizwa ry’umuyoboro wa murandasi yihuta ukoresheje uburyo bwa Broadband, Perezida Kagame yavuze ko n’ubwo ibihe biri imbere bishobo...
Muri Gashyantare, 2012 nibwo ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga, Airtel, cyatangiye gukorera mu Rwanda. Nyuma yo kugeza byinshi ku Banyarwanda, ubu yazanye indi gahunda yoroshya ituma...
Ikigo mpuzamahanga gicuruza amashusho n’izindi serivisi kitwa Canal + Ishami ry’u Rwanda cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga(App) bwo kureberaho amashusho hakoreshejwe ibyuma bisanzwe mu ikorabuhanga...
Perezida Paul Kagame yaraye abivuze mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye Inama yigaga ku ikoreshwa ryagutse ry’umuyoboro mugari mu gutanga murandasi yiswe ‘Building The Bandwidth’. Kagame yavuze ko k...
Umwe muri ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko batanga amahugurwa binyuze kuri murandasi witwa Jean D’Amour Mutoni avuga ko abo we na bagenzi bahugura bakoresheje murandasi bahura n’ikibazo cya murandasi i...
Mu murwa mukuru w’u Bushinwa,( Beijing, Pékin) haraye hatashywe gari ya moshi ya mbere ku isi ikoresha ikoranabuhanga rya murandasi y’igisekuru cya gatanu, iyi ikaba ariyo yihuta kurusha izindi zakore...
Igisekuru cya gatanu cya Internet yihuta kurusha izindi muri iki gihe kitwa 5G cyatangiye gukoreshwa muri Kenya. Ibaye igihugu cya kabiri muri Afurika gikoresha iyi murandasi nyuma ya Afurika y’...
Henshi muri Afurika, ikoranabuhanga riri gukora ibitangaza! Ni uburyo bwaje gukangura Afurika kugira ngo nayo igendere ku ntambwe ibindi bihugu biriho muri iki gihe. Umuvuduko waryo uraganisha h...
Airtel Rwanda yatangije ubukangurambaga yise ‘NkundaUrwanda’ bugamije guha abakiliya bayo uburyo bwo kubona murandasi n’ibindi byuma by’ikoranabuhanga. Abifuza kubona aya mahirwe bagomba k...









