Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yamaze gushyira ku ruhande Miliyoni $ 200( ni Miliyari Frw 280) yo kuzashora mu mishinga wo kugeza murandasi henshi kandi muri serivisi nyinshi, zikazakoreshwa mu mushin...
Ndoli Didas ushinzwe iby’ikoranabuhanga muri MTN Rwanda yatangaje ko umuhigo ikigo akorera cyari kimaze igihe cyari ihaye, cyawesheje kuko cyatangije murandasi y’igisekuru cya gatanu, bita 5G. Hari mu...
Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Raporo y’Ikigo cy’Itumanaho MTN Rwanda (iri mu Cyongereza) igaragaza ko mu mezi icyenda ya mbere y’umwaka wa 2024 abafatabuguzi bacyo biyongereyeho 5,3% ugereranyije n’igihe nk’iki mu mwaka ushi...
Ingabire Paula uyobora Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko ikoreshwa rya murandasi mu Rwanda rimaze gukataza kuko 60.6% by’Abanyarwanda bayikoresha. Mu mwaka wa 2011 bari 7% , bivuze...
Kigali: Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 10, kuzageza taliki 14, Kamena, 2024 mu Rwanda harabera inama mpuzamahanga yitabiriwe n’abantu 1200 yiga uko murandasi yakoreshwa n’abatuye isi bose kandi mu nd...
Ibiro bya Ambasade y’Amerika muri Tanzania yatangaje ko ibaye ihagaritse imirimo kuko murandasi ari nke cyane. Tanzania niyo yahuye n’imbogamizi zikomeye zatewe n’uko imigozi yagabur...
Umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwaB en Roberts wo mu kigo Liquid Intelligent Technologies yabwiye BBC ko rumwe mu ntsinga zica ku nkombe za Africa yUburasirazuba, ku Cyumweru mu gitondo rwaciki...
Rwiyemezamirimo witwa Desire Muhinyuza yatsinze urubanza yaburanaga N’Umunya Kenya witwa Kirimi Koome. Umucamanza yategetse ko Koome aha Muhinyuza miliyoni $2.6 nyuma y’uko bigaragaye ko y...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru ndetse n’ubwa Airtel Rwanda bwahaye abatuye Akagari ka Rusumo, Umurenge wa Butaro telefoni zifite murandasi yihuta ya 4G kugira ngo zizabafashe guhanahana amakuru y’...









