FERWAFA yemeje ko uwari umutoza mukuru wa Amavubi, Frank Torsten Spittler, adakomeza kubikora kuko ibiganiro byo kongera amasezerano yagiranaga nawe ntacyo byageze ho. Uyu mugabo ukomoka mu Budage ya...
Alphonse Munyantwali uyobora FERWAFA yavuze ko ibiganiro byo kongerera amasezerano y’akazi umutoza w’Amavubi yari yarahawe akaza kurangira bigikomeje. Abakurikirana umupira w’amaguru mu Rwanda bari b...
FERWAFA yemeje ko hagiye gutahwa Hoteli yubatswe n’iri shyirahamwe, bikavugwa ko izatahwa mu mezi atatu ari imbere. Bivuze ko izatahwa muri Mutarama, 2025. Perezida wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse ya...


