Muri ba Ambasaderi Perezida Kagame yaraye yakiriye impapuro zabo zibemerera gukorera mu Rwanda, harimo n’uwa Luxembourg witwa Jeanne Crauser. Aje guhagararira Luxembourg mu Rwanda nyuma y’uko narwo rw...
Aurore Mimosa Munyangaju ushinzwe iterambere rya Siporo zose mu Rwanda yashimye APR FC uko iri kwitwara mu marushanwa ya Mapinduzi Cup ari kubera muri Zanzibar. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’ingabo z’u Rw...
Urwego rw’igihugu rw’Iterambere, RDB, rwaraye rugiranye amasezerano n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ari mo ingingo y’uko ku myambaro y’amakipe azakira imikino ya Africa Football...
Minisitiri wa Siporo afatanyije n’ubuyobozi bw’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi( UCI) no mu Rwanda, FERWACY, batangaje ku mugaragaro ko u Rwanda ruzakira isiganwa ry’amagare ku rwego rw...
Irushanwa ryiswe Kigali Peace Marathon ryari risanzwe ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, guhera mu mwaka wa 2024 rizazamurirwa urwego rijye ku rwego rw’isi. Ni amakuru yatangajwe na...
Muri Lycée de Kigali hafunguwe ikibuga abanyeshuri bo mu bigo by’amashuri yisumbuye bazajya bitorezamo Basketball. Umuhango wo gufungura iki kibuga watangijwe na Minisitiri wa siporo Madamu Aurore Mun...
Umwe mu myanzuro y’Inteko rusange ya FERWAFA yaraye iteranye ni uw’uko mu mwaka utaha w’imikino bita season hazatangira ikiciro cya gatatu mu marushanwa y’umupira w’amaguru. Abayobozi ba FERWAFA bavug...
Mu kiganiro Minisiteri ya Siporo n’abategura irushanwa rya BAL bahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu taliki 20, Gicurasi, Kapiteni w’ikipe ya REG Basketball club ihagarariye u Rwanda muri iriya mik...
Ni ibyagarutsweho ubwo hasinywaga amasezerano y’ubufatanye hagati y’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’umupira w’amaguru n’Ishyirahamwe rigamije guteza imbere umukino w’umupira w’amaguru mu mashuri....
Minisitiri wa Siporo Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yaraye ahaye amagare umunani abakinnyi b’umukino w’amagare bagize Ikipe y’u Rwanda abasaba kuzatwara Tour du Rwanda. Yababwiye ko ibyifuzo byabo by...









