Prof. Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), avuga ko, mu rwego rwo gukuraho ibyateraga iki kigo Leta ifitemo imigabane igihombo, umufatabuguzi uzajya utin...
Prof.Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gutanga amazi, isuku n’isukura, WASAC, avuga ko hari ikoranabuhanga rigiye kuzagezwa hiryo no hino rituma umuturage avomera ku ikarita amazi angana n’ayo yi...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’amatora Charles Munyaneza asaba abanyamakuru kuzirinda gutangaza ibyavuye mu matora kubera ko ibyo ari inshingano ya Perezida wa Komisiyo y’amatora. Icyo ri...
Komisiyo y’amatora yatangaje ko Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yayisabye ko amatora y’abayobozi baherutse kuva mu myanya yari ateganyijwe vuba aha mu Karere ka Rubavu, asubikwa. Umunyamabanga nsh...
Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu yagaragarije Inteko rusange y’Abadepite yaraye iteranye ko mu isesengura yakoze ku ikoreshwa ry’ingengo y’imari ya 2021-2022 yasanze harimo ibyuho bin...
Ubuyobozi bwa Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko italiki yari yaremejwe ko abifuza gutorerwa kujya muri Njyanama batangiraho kandidatire zo kujya muri Njyanama z’Uterere yigijwe imbere. NEC iv...





