Mu nkuru iheruka yavugaga ku Karere ka Nyamasheke, Taarifa Rwanda yari yatangaje ko Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo mu Mirenge ine muri 15 ikagize, bari beguye ariko Nyobozi itarabyemeza. Kuri uyu wa...
Nyina w’umuhanzi Muneza Christopher, witwa Gahongayire Marie Mativitas yitabye Imana nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe. Yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 21 Mutarama 2021. Insh...

