Urukiko rw’u Burayi rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwitambitse icyemezo cyo kuzana abimukira u Bwongereza bwagombaga kuzana mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022. Ngo kubazana birim...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yasubije itangazamakuru ryari rimubajije inyungu u Rwanda rufite mu kwakira abimukira bagiye kuva mu Bwongereza, avuga ko imwe muri zo ari ukububakira ubus...
Mu kiganiro cyahuje abakora mu Biro by’Umuvugizi wa Guverinoma ku byo kwakira abimukira, umunyamakuru wa Taarifa yabajije icyo amategeko ateganya ngo abimukira bazaza mu Rwanda bazemerwe ubwenegihugu ...
Alain Mukularinda usanganywe inshingano zo kuvugira Leta y’u Rwanda avuga ko abimukira bazava mu Bwongereza bazagera mu Rwanda mu gihe gito kiri imbere. Avuga ko kubakirana ubumuntu ari inshingano ku...



