Ibi birashoboka uramutse ushingiye ku igenamigambi ryayo rikubiye mu mibare ubuyobozi bw’iyi Minisiteri bufite mu myaka ine iri imbere. Igenamigambi ryayo rivuga ko kuva mu mwaka wa 2024/25 kugeza mu ...
Guverinoma ibicishije muri Minisiteri ya Siporo irateganya ko mu cyiciro cya kabiri cya gahunda yiswe Isonga hazubakwa ibibuga 63 byo gukoreramo siporo z’ubwoko bwinshi. Minisiri wa Siporo, Nelly Muka...
Kevin Muhire uyobora bagenzi be basangiye gukinira Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasezeranyije Abanyarwanda ko bazatsinda umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Uwo mukino witeguwe na bensh...
Perezida Kagame yabwiye abarahiriye inshingano nshya baherutse guhabwa muri Guverinoma y’u Rwanda ko bakwiye kuzirikana ko mu nshingano bahawe harimo n’iyo gushaka amikoro. Abarahiye ni Nelly Mukazayi...
Itangazo rya Minisiteri y’Intebe ryatangaje ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo, asimbuye Nyirishema Richard wari kuri uwo mwanya mu mezi ane ashize. Mu...
Nelly Mukazayire uherutse kugirwa Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo avuga ko siporo iramutse yitaweho yaba inkingi yo kuzamura ubukungu bw’u Rwanda na Afurika muri rusange. Uyu muyobozi ...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Minisitiri w’Uburezi Gaspard Twagirayezu yasimbuwe na Joseph Nsengimana. Twagirayezu we yag...
Ubuyobozi bwa RDB bwaganiriye n’abafatanyabikorwa bwayo barebera hamwe ibyo icyanya cy’inganda cya Masoro kimaze kwinjiriza u Rwanda. Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB Nelly Mukazayire yabwiye abari a...
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda witwa Hudson avuga ko abashoramari b’u Rwanda bataraha Ubushinwa ibyo bubakeneyeho ku kigero bwifuza kandi bwo bwiteguye kwishyura. RDB...








