Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko hari abantu batatu barengewe n’amazi ubwo bacukuraga mu kirombe bakaza gukubita ahandi amazi akabazamukana. Ni ikibazo cyabaye mu mugoroba wo kuri uyu wa Kane...
Uwo ni Hakizimana Innocent wigisha mu Karere ka Nyabihu. Yabwiye itangazamakuru ko nyuma yo gutangariza kuri X ko aziyamamariza kuba Umukuru w’u Rwanda mu matora ari mu Mpeshyi ya 2024, ubuyobozi bw’a...

