Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nib...
Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe mu nshingano kubera ibyaha akekwaho ko yakoze ubwo yari Minisitiri w’Ibidukikije. Umuvugizi w’Urwego rw...
Itangazo ryo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya yirukanwe mu nshingano ze kugira ngo haboneke uburyo bwo kumukurikirana kuby...
Ni umuhigo watanzwe na Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwita ku bidukikije cyarabgirijwej muganda ngarukakwezi waraye uhuriweho n̵...
Minisiteri y’Ibidukikije itangaza ko u Rwanda rugiye kumurikira isi imishinga iteza imbere ibidukikije rwashoyemo binyuze mu kigega FONERWA. Muri yo harimo imidugudu yubatswe mu mirenge ya Rubaya na K...
Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya aherutse kubwira Abasenateri ko Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo gushakisha inkende aho ziri hose mu Rwanda zigafatwa zikajyanwa muri Parik...
Abitabiriye Inama yari imaze iminsi itatu yiga uko hatezwa imbere ibikoresho byakwifashishwa mu gukonjesha ibiribwa, imiti ndetse n’inkingo muri Afurika bemeranyije Miliyari zirenga 25 Frw zo kuzubaka...
Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urengera ibidukikije IUCN, Bruno Oberle yabwiye abitabiriye Inama ya nyuma mu zimaze iminsi zikorwa mu rwego rwo kwigira hamwe uko urusobe rw’ibinyabuzima rwabungwab...
Kuri Kigali Convention Center haraye hamuritswe ahantu imodoka zikoresha amashanyarazi zizajya ziyavoma(ibyo bita gucaginga). Habaye ahantu ha kabiri zizajya zivoma amashanyarazi nyuma y’ahagenewe ing...







