I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa. Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzw...
Lt Gen Mohoozi Kainerugaba wari uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu yarangiye urugendo rwe. Ku kibuga cy’indege cya Kigali yaherekejwe na bamwe mu basirikare bakuru mu Ngabo z’u Rwanda. Hari ka...

