Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko yemeranyije n’iya Uganda binyuze mu ngabo zayo ko Kampala yagura ibikorwa byayo bya gisirikare bikagera mu Ntara ya Ituri, mu Mujyi wa Beni...
Umuhugu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko asezeye igisirikare yari amazemo imyaka 28. Ni icyemezo kigiye ahabona nyuma y’igihe binugwanugwa ko ashaka kwinjira muri ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku wa 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uruhuza na Uganda uzafungurwa, nyuma yo gusanga hari ubushake bwo gukemura ibibazo bimaze igihe mu mubano w’ibih...
Perezida Yoweri Museveni yakuye Maj Gen Abel Kandiko ku buyobozi bw’Urwego rushinzwe iperereza rya gisirikare (CMI), amusimbuza Maj Gen James Birungi. Hari amakuru ko Kandiho yoherejwe mu nshingano ns...
Leta y’u Rwanda yarekuye umusirikare wo mu Ngabo zidasanzwe za Uganda (Special Forces Command, SFC), waherukaga gufatirwa ku butaka bwarwo atabifitiye uburenganzira. Irekurwa rya Private Ronald Arinda...




