General Muhoozi Kainerugaba uyobora ingabo za Uganda yatangaje ko urugendo yakoreye mu Rwanda rwagenze neza. Avuga ko imikoranire hagati y’igisirikare ayoboye na RDF ari myiza kandi ikwiye gukom...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) Gen Muhoozi Kainerugaba, aherekejwe na mugenzi we w’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka M...
Gen Muhoozi Kainerugaba yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yari amaze igihe ateguje. Mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba nibwo yageze i Kigali, yakirwa na mugenzi we uyobora ingabo z̵...
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko guhera tariki 02, Mutarama, 2025 ingabo ze zizarasa abacanshuro b’Abazungu bakorera mu bice bya Repubulika Iharanira Demokarasi...
Abayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Kane taliki 07, Ugushyingo batangiye kuganira uko imikoranire mu kurandura ADF yakongerwamo imbaraga. Ibyo bigan...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yagiye muri Uganda kuganira na mugenzi we uyobora iza Uganda General Muhoozi Kainerugaba ku ngingo zirebana n’imikorere ya gisirikare ku mpande zombi...
Mu itangazo ryaraye risohowe n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu wa Uganda rigatangazwa mu kinyamakurU cya Leta kitwa UBC harimo ko Gen Muhoozi Kainerugaba( ni umuhungu wa Perezida Museveni) ari mugaba mukur...
Umushinjacyaha witwa Bruce Afran yareze Perezida wa Uganda Yoweli Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha abashinja gukorera ibya mfura mbi abatavuga rumwe n’u...
Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango w’isabukuru nziza ya Gen Muhoozi Kainerugaba, yamushimiye uruhare yagize mu guhuza u Rwanda na Uganda nyuma y’umubano muke wari umaze imyaka...
Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu mwaka wa 1986. Ku ruku...









