Hari indirimbo y’umuhanzi Masabo Juvénal ivuga ko mu bitaro ari kwa muganga kandi ngo barasanasana iminsi ikicuma. Nibyo koko barasanasana. Umwe muri abo bahanga basanasana umuntu iminsi ikicuma ni Dr...
Umuganga uvura indwara z’abagore mu bitaro bya Nyamata Dr Muhirwa Bonfils avuga ko iyo urebye aho u Rwanda rugeze rugabanya impfu z’abagore bapfa babyara ubona ko ruteye intambwe ariko hakiri urugendo...

