Mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge haravugwa ubwumvikane buke hagati y’abahatuye n’umushoramari w’aho wabafungiye inzira ijya mu ngo zabo. We avuga ko abaturage bari bakwiy...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe ibilo 14 by’urumogi byafatiwe mu Karere ka Burera. Aha kandi hanafatiwe litiro 22 za kanyanga. Si i Burera gusa, urumogi...
Kuri uyu wa 25, Ukuboza, 2022 ahagana mu masaha y’igicamunsi, inyubako ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo muhanda rikoreramo yafashwe n’inkongi. Iyi nyubako ikorera mu Murenge wa Muh...
Impanuka iherutse kubera ku Muhima igahitana abantu batandatu yaguyemo abana batatu bavukanaga. Ni abana ba Sikubwabo. Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge yand...



