Abafana ba Rayon Sports baraye bishimye nyuma yo gutsinda Muhazi United ibitego bibiri k’ubusa mu mukino wabereye mu Karere ka Ngoma ahari Stade iyi kipe isanzwe yitorezaho. Umukino wabaye kuri ...
Mu Kagari ka Kibenga, mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bakamuta mu bwiherero. Bikekwa ko bamutaye...
Mu buryo butari bwitezwe, APR FC iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yaraye inganyije na Muhazi FC iri mu zidakomeye cyane mu Rwanda igitego 1-1....
Abakunda kwidagadura banakina umukino wa Golf baraye bahuriye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana baridagadura. Baboneyeho no kwamamaza bimwe mu byo bakora ndetse abitwaje agafaranga barahaha...
Hafi y’ikiyaga cya Muhazi ahubatswe ikigo Falcon Golf& Country Club habereye ibirori birimo no gukina umukino wa Golf byahuje abaturutse imihanda yose. Ni ibirori bibaye ku nshuro ya gatatu. Kuri ...
Mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo habereye kwibuka Abatutsi bajugunywe mu Kiyaga cya Muhazi muri Jenoside yabakorewe mu Rwanda mu mwaka wa 1994. Ibiyaga n’imigezi muri Jenoside byabaye irimbi r...
Harabura amasaha iminsi micye ngo abakunda ku isi hose bagirane ibihe byiza ku munsi wahariwe abakundana witwa Saint Valentin. Abakunda umukino wa Golf cyangwa kureba amazi magari bazishimira gusohoke...
Toni zirenga 109 z’amafi yo mu kiyaga cya Muhazi zapfuye. Ni ikibazo cyateye abarobyi kwibaza icyabiteye. Bivugwa ko kugira ngo ariya mafi apfe byatewe n’uko amazi yo mu kitwa kereremba cyibirunduye ...







