Ibyishimo ni byinshi ku baturage b’Umurenge wa Ruli muri Gakenke n’uwa Rongi muri Muhanga nyuma y’uko ikiraro cyambuka Nyabarongo giciye mu kirere cyuzuye. Kizabafasha guhahirana, kwivuza no gushyikir...
Nyuma y’uko ibiraro bibiri byahuzaga Akarere ka Muhanga n’Akarere ka Gakenke bisenywe n’ibiza, Guverinoma y’u Rwanda igeze kure yubaka ikiraro kinyura mu kiere kizahuza ibi bice byombi. Kigeze kuri 85...
Mu Mudugudu wa Naganiro, mu Kagari ka Remera mu Murenge wa Muhanga hari umuturage witwa Siborurema Céléstin wavumbuye igisasu cya Mine mu murima we. Yakibonye agiye gucukura amabuye yo kubakisha iwe....
Abitabiriye Inama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, abikorera ku giti cyabo n’abarebwa n’imibereho myiza y’abaturage, banenze ko hari benshi mu bacururiza mu Mujyi wa Muhanga bagira umwanda. Ni ...
Niba ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi kidatabaye ngo gisane vuba na bwangu igice kimwe cy’ikiraro cya Nyabarongo cyahengamiye uruhande rumwe, gishobora gusenyuka mu buryo bukomeye! Nicyo kiraro ...
Imihagurikire y’ikirere igiye gukamya burundu icyuzi cyahaga amazi abatuye umujyi wa Muhanga nk’uko bitanganzwa n’ubuyobozi bwa WASAC muri uriya mujyi uri mu yungirije Umurwa mukuru, Kigali. Abatuye u...
Umushoferi witwa Ndagijimana Jean D’Amour yafatiwe i Muhanga apakiye magendu muri Fuso. Yari atwayemo amabalo 140 ya caguwa, amabaro arindwi y’ibitenge, amabaro atanu y’inkweto za caguwa, ibizingo 220...
Mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo warashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo gushaka kuzirwanya akoresheje umuhoro. Yari amaze igihe gito afashwe ashinjwa kwica umugore we amuk...
Mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke hafatiwe Ibilo 247 by’urumogi rwari ruhishe mu mifuka y’amakara. Barusanze ruri mu mifuka yari iri mu modoka isanzwe itwara amakara, bikavugwa ko abari b...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buherutse gusaba ko ibyo guteza cyamunara y’umuryango ufite abana umunani(8) biba bihagaritswe kubera ko kuyiteza cyamurana byateza ibibazo kurushaho. Iyo nzu ir...









