Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko umuhanda wa Muhanga- Ngororero- Mukamira wari wafunzwe kubera amazi yari yawuzuye, wongeye kuba nyabagendwa. Kuri iki Cyumw...
Imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu bice bituranye na Muhanga na Ngororero yatumye umuhanda uhuza ibi bice ufungwa. Polisi ivuga ko wafunzwe mu rwego rwo kurinda ko hari abantu bawugiriramo impanuka. ...
Mu Mudugudu wa Kamanga, Akagari ka Musongati mu Murenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga ahagana saa sita n’igice z’amanywa (12h30) abantu bane barimo batatu bafitanye isano ya bugufi bapfiriye rimw...
Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023 inzego z’umutekano zarashe uwitwa Albert Dusabe wari ushatse kwambura umupolisi imbunda. Yari aherutse kwiyemerera ko ari we wishe Dr. Ma...
Amakuru avuga ku iyicwa rya Dr. Muhirwe Karoro Charles wari Umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Nyagatare yemeza ko umwe mu bakekwaho buriya bwicanyi yatangaje ko yari yahawe amafaranga n̵...
I Musanze haraye haguye imvura iremereye k’uburyo yasenye inzu 228, yangiza n’ibindi bikorwaremezo. Imibare yatangajwe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, ivuga ko iyo mvura yangije inzu 228 n’ibikoni 8...
Kubera kutamenya ibibazo bikwiye kugezwa ku Rwego rw’Umuvunyi n’ibigezwa ku buyobozi bw’ibanze, abatuye Imirenge y’Akarere ka Muhanga bagana Umuvunyi cyane kurusha ubuyobozi. Ikindi kandi iki ki...
Nyuma y’uko umukino wahuje La Jeunesse na AS Muhanga urangiriye mu mvururu, Polisi yafunze abakinnyi babiri ba La Jeunesse kubera guhohotera uwasifuye uriya mukino witwa Toni Karemera. La Jeunesse yat...
Inzego z’ubuzima, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima banyomojwe n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) ubwo bavugaga ko nta ...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa umugore w’imyaka 22 ukurikiranyweho kwiba moto. Bivugwa ko yayibye arangije arayibaga kugira ngo agurishe ibyuma byayo. Ni uwo mu Karere ka Muhanga. Icyakora Moto...









