Gitifu w’Akagari ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga aratabarizwa n’abaturage be kuko ibiro akoreramo bivirwa. Bavuga ko kuba ibiro bye bivirwa nabo bibabangamiye kuko iyo bagiye ku...
Kubera amazi menshi yuzuye mu muhanga uhuza Muhanga n’Akarere ka Ngororero, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda ryanzuye ko uba ufunzwe. Abagana muri Ngororero baturutse i Kigali bagomba ...
Raporo zitandukanye zakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta mu bihe bitandukanye zigaragaza ko hari amafaranga abarirwa muri za miliyoni nyinshi za Leta bikekwako zanyerejwe mu mayeri menshi. Rapo...
Akarere ka Muhanga gahanganye n’ikibazo gikomeye kirebana n’ubuke bw’amazi mu Mujyi wa Muhanga udasiba kwaguka. Mu rwego rwo kureba uko baba bagikemuye mu rugero runaka, abakayobora bavuga ko bagiye g...
Hari abaturage bo mu Mirenge itandukanye ya Muhanga bavuga ko uburyo WASAC isaranganyamo amazi budakwiye. Ababivuga ni abo mu Mirenge ya Nyamabuye, Shyogwe, Muhanga na Cyeza. Bavuga ko bamwe muri bo b...
Abatuye mu Mujyi wa Muhanga no mu nkengero zaho bazindukiye muri uyu Mujyi ngo barebe uko abasiganwa ku magare bahaguruka berekeza i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru. I Nyaruguru kandi nabo bregerezanyij...
Imibare ivuga ko mu mwaka wa 2021-2022 Akarere ka Muhanga kari gafite 31% by’abana bagwingiye. Indi yakozwe nyuma ni ukuvuga mu mwaka wa 2022-2023 uyu mubare waragabanutse uba abana bangana na 19%. ...
Uhagaraririye itsinda ry’iterambere n’imari muri Sena y’u Rwanda Senateri Nkusi Juvénal avuga ko hari Koperative mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga igiye kurunduka. Asaba ubuyobozi bwa RCA n’ubw...
Nyuma y’uko Visi Perezida wa Sena Hon Nyirasafari Espérance asabiye inzego zose guhagurukira abiyise Abuzukuru ba Shitani bazengereje abatuye Rubavu, Taarifa yabajije Polisi icyo ivuga kuri abo buzuku...
Imihanda mishya ya kaburimbo mu Karere ka Muhanga yari yaringiritse itaratahwa kubera gusondekwa, yatangiye gusubirwamo. Ibi bikozwe nyuma y’inkuru zanyuze mu itangazamukuru zinenga uko iyo mihanda yu...









