Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi yateranyije Inama idasanzwe yahuje abaturage b’Akarere ka Muhanga n’abayobozi mu Ntara ayoboye abwira abaturage ko hari bagenzi babo bagera kuri 60...
Birashoboka ko General Kayanja Muhanga uyoboye ingabo za Uganda zagiye kwirukana abarwanyi ba ADF muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azaza mu bantu bazavugwa kenshi mu itangazamakuru ryo muri ak...
Uru ni urubanza ruregwamo umunyemari Uwemeye Jean Baptiste ufite ikigo yise ECOAT Ltd. Uyu munyemari yigeze gutsindira isoko ryo gusana umuhanda wa Muhanga- Karongi w’ibilometero 74 ariko ibye biza ku...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 11 Nzeri abapolisi bakorera mu Karere ka Nyabihu bafashe abantu babiri barimo uw’imyaka 21 n’undi ufite 34, bahetse ku igare udupfunyika 7493 t...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye n’Ikigega cy’Iterambere cya Abu Dhabi amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni $15 – ni hafi miliyari 15 Frw – azakoreshwa mu gusana umuhanda Rambura – Nyange. ...
Urutonde rwerekana uko Shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ihagaze muri iki gihe yerekana ko Ikipe ya Rutsiro FC ari yo iyoboye Itsinda B. Iri tsinda ririmo amakipe yari asanzwe aza ku mwanya wa...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, mu bihe bitandukanye hafashwe bamwe mu bakekwaho ubujura bwari bumaze iminsi buvugwa mu mirenge ya Shyogwe na Nyamab...
Mu Murenge wa Nyamabuye ahitwa i Gahogo mu Karere ka Muhanga hatangiye imirimo yo gutaburura imibiri iherutse kuhaboneka y’Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe muri 1994. Yabonetse mu busitani bw’Itore...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa AS Muhanga rivuga ko kubera ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi abakozi bayo bazahembwa igice kandi ngo niba ibintu bidasubiye mu buryo mbere ya tariki 02, Gashyantare...
Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Muhanga, Kayiranga Innocent bawiye avuga ko abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe ku wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 batabawe bavanwam...









