Abatuye Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga n’abatuye Umurenge wa Ruli muri Gakenke bongeye kugendererana nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari abaturage bagisenye ngo babone uko bazajya bamb...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rusaba abakoresha imbugankoranyambaga cyane cyane YouTube kwirinda gushyira abana ku karubanda bagamije kongera ababareba bityo bikabinjiriza amafaranga. RIB ibitangaje n...
Mu rwego rwo kongera umusaruro w’inyama z’ingurube, Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangije gahunda yo kuzitera intanga kugira ngo zororoke kandi ntizirwagurike. Ikigo ...
Mu masaha y’umugoroba taliki 21, Werurwe, 2022 hari umugabo wafatiwe mu Karere ka Muhanga ajyanye muri Unguka Banki amadolari y’Amerika 2000 bivugwa ko yari amakorano. Yafatiwe mu Kagari ka Ruli kari ...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku wa 17 Gashyantare yafatiye mu Karere ka Muhanga umugabo w’imyaka 40, akekwaho icyaha cyo kwiyita umupolisi akambura abantu amafaranga, ababwira ko azabaha impushya zo...
Mu Murenge wa Nyarusange haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 19 wagwiriwe n’ikirombe ari kumwe na bagenzi be, bo bashobora kuhivana ariko we kugeza ubwo Taarifa yandikaga iyi nkuru yari atarakurwamo. ...
Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo muri U...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru bwemeje ko ubwato bw’ibiti budafite moteri butemerewe kwambutsa abantu mu ruzi rwa Nyabarongo. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’impanuka y’ubwato buheruka...
Nyuma y’uko hari umuntu urohamye muri Nyabarongo ku wa Mbere tariki 03, Mutarama, 2022 n’uburambo we ukaba waraburiwe irengero, ku Biro by’Akarere ka Kamonyi hateraniye inama y’umutekano idasanzwe. N...









