Abagize itsinda ry’abagenzacyaha babwiye bamwe mu baturage bo mu Karere ka Muhanga ko n’ubwo bakwiye[abo baturage] guhabwa serivisi nziza ariko n’abo bagomba kujya bemera ibyemezo by’inzego ku bibazo ...
Abaturage b’Umujyi wa Muhanga bavuga ko amazi yabaye macye kandi ko ari ikibazo kimaze igihe. Bamwe muri bo bavuga ko bitangaje kuba hirya no hino hari ibigega ariko bigasa n’aho ari umutako kuko nta...
Hagiye gushira amezi atatu hari ibice by’Umujyi wa Muhanga bitamurikirwa n’amatara kubera ko nta mashanyarazi ayabamo. Ibice bitamurikirwa ni iby’ahitwa mu Kibiligi, Ruvumera n’aho bita mu Giperefe. A...
Nyuma y’uko mu Karere ka Muhanga abacuruzi bubakiwe isoko ariko ntiriremye, ubu mu Karere ka Karongi n’aho haravugwa isoko ryubakiwe abari basanzwe ari abazunguzayi, ariko ntibarirambyemo ahubwo barar...
Pasiteri Herman Budigiri wo mu Itorero rya ADEPR aravugwaho kubwira mugenzi we nawe w’Umupasiteri witwa Jean Marie Vianney Kalisa amagambo arimo ingengabitekerezo ya Jenoside akamukomeretsa. UMUSEKE w...
Mu Karere ka Muhanga Umurenge wa Nyamiyaga urukiko rwisumbuye rw’uyu Murenge rwaraye rukatiye uwari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’uyu Murenge witwa Jean de Dieu Kubwimana na rwiyemezam...
Mu Karere ka Muhanga hari inkuru ivuga ko abaturage bUbakiwe isoko banga kurirema. Iki ni kimwe mu byerekana ko umuturage w’u Rwanda yagombye kujya abanza kugishwa inama ku bimugenewe kugira ngo azaby...
Mu rwego rwo kurushaho kuzamura umusaruro wa Sima, mu Karere ka Muhanga hagiye kubakwa uruganda rwa Sima rwitezweho kuzaha akazi abaturage 1000. Ruzuzura muri Gashyantare, 2023 ku gaciro ka Miliyari ...
Nyuma y’akazi kamaze hafi iminsi ine abantu bakura mu muhanda ibitaka byinshi byamanuwe n’inkangu iheruka kubera mu muhanda uhuza Muhanga, Ngororero, Nyabihu ugana Rubavu, ubu wasubiye kuba nyabagendw...
Ibikorwa byo gukura ibitaka byamanuwe n’inkangu yafunze umuhanda wa Muhanga-Ngororero- Nyabihu birakomeje. Icyakora abakozi bashoboye kuhakura ibitaka k’uburyo hari igihande kimwe cyawo cyabaye nyabag...









