Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Komiseri Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, RCS, CG Evariste Murenzi n’itsinda yari ayoboye basuye igororero rya Rusizi baburira abarifungiwemo n’abandi bagororwa kut...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, asanga kugira ngo ibibazo biri mu ngo bikemuke, ari ngombwa ko abawugize birinda kwitana bamwana. Kuri we, kwitana bamwana bituma hataboneka igisub...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryafatiye muri Rusororo abagabo babiri bahetse kuri moto ibilo 31 by’urumogi bivugwa ko bari bavanye i Kirehe babishyiriye...
Umwe mu bantu batanu bari bagiye gucukura amabuye y’agaciro mu kirombe kiri Mudugudu wa Muheta, Akagari ka Kanyana, Umurenge wa Rugengabari muri Muhanga bakagwirwa nacyo, yapfuye. Amakuru avuga ko bam...
Mu Mudugudu wa Ruvumera, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye muri Muhanga hari umugore wakoze uburaya kubera kubura uko agira, abibyariramo umwana ariko anabyanduriramo SIDA. Ubumuga yabikuyemo k...
Gitifu w’Akagari ka Sholi mu Murenge wa Nyamabuye n’ushinzwe umutekano batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita no kunegekaza umuturage, ajyanwa mu bitaro. Urwego rw’Ubugenzacyaha rukorera kuri Sit...
Ubwo yagezaga ikiganiro gikubiyemo igenamigambi ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 n’uko izakoreshwa, Minisitiri Yussuf Murangwa yavuze kubaka umuhanga Kigali-Muhanga utagikozwe kuko hari ibitara...
Mu rukiko rwisumbuyue rwa Muhanga haraye habereye iburana ry’ibanze-mbere y’uko urubanza rujya mu mizi-mu rubanza ruregwamo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Nteziyaremye Germain n’Umu...
Abana bambuka bajya cyangwa bava kwiga muri kimwe mu bigo by’amashuri ari mu Midugudu ya Nete na Gasenye mu Kagari ka Remera muri Nyamabuye muri Muhanga, bari mu kaga ko kuzagwa munsi y’iteme kuko rit...









