Umwe mu bafite ubumuga w’impuguke witwa Jacques Mugisha aherutse kubwira itsinda ry’abanyamakuru ko bumwe mu buryo bwiza bwo gukorera inkuru abafite ubumuga, ari ukubaha umwanya bakerekana uko ibintu ...
Dr. Télesphore Ndabamenye uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi, RAB, asaba itangazamakuru kurushaho kubwira abaturage gahunda z’ubuhinzi n’uburyo bwiza bw’imihingire. Avuga ko ubusanzwe abatura...
Iby’iyi karita byavuzwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC), Emmanuel Mugisha mu kiganiro yaraye ahaye abanyamakuru n’abandi bayobozi bo mu Ntara y’Amajyepfo...
Umusuwisi Matteo Badilatti niwe wegukanye etape ya gatandatu yavaga i Rubavu ijya i Gicumbi. Ni intera ya 157Km. Hagati aho Umunyarwanda Mugisha Moise wegukanye etape ya 8 muri Tour du Rwanda ya 2022,...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana na Chris Froome um...
Mugisha Danny uzwi nka DJ Selecta niwe waraye atowe nka DJ w’umuhanga kurusha abandi mu bitabiriye irushanwa ryiswe DJ Battle Competition. Yahembwe imodoka ya Benz ifite agaciro ka Miliyoni Frw 25. A...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruherutse guta muri yombi uwitwa Dieudonné Ntihabose rumukurikiranyeho kwiyita ko ari umunyamakuru kandi mu by’ukuri ikinyamakuru akorera kitemewe mu Rwanda. ...
Abasore bagize ikipe y’u Rwanda y’umukino wo gutwara igare baraye bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu Rwanda bavuye muri Cameroun aho baherutse gutwara isiganwa rya kiriya gihugu bita ‘Tour du Came...
Umugabo witwa Mugisha Conary ukomoka muri Uganda aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kwiyita ko ari Umunyarwanda kugira ngo abone uko yizerwa n’abacu...








