Mu rwego rwo gukangurira abaturage kwihaza mu biribwa, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Mungenzi Patrice yasabye abatuye Musanze kwita ku buhinzi bakareka kunywa inzoga kuko zibazahaza. Inzoga k...
Ku rubuga rw’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda handitse ko Perezida wa Sena y’u Rwanda yaraye yakiriye ibaruwa y’ubwegure bwa Senateri Mupenzi George ku mpamvu ze bwite. Iyo baruwa yageze mu Biro by...
Mu rwego rwo gukumira inyereza ry’umutungo w’Amakoperative, Urwego ruyashinzwe( RCA) rwatumije abayayobora mu Ntara no mu Mujyi wa Kigali kugira ngo barebere hamwe uko hashyirwaho urwego rubishinzwe. ...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko guhera kuri uyu wa Kane taliki 10, Kanama, 2023 Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative gitangira kuyoborwa na Dr.Patrice Mugenzi. Aje asimbura Madamu Pacifique M...



