Ibiro by’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda byatangaje ko kuri uyu wa 15, Kamena, 2022 ari bwo imyitozo yahuzaga ingabo zo mu Karere yiswe Ushirikiano Imara 2022 yarangiye. Ni imyitozo igamije kongerera in...
Lieutenant General Mubarakh Muganga usanzwe ari umuyobozi wa APR FC yabwiye abakinnyi b’iriya kipe ko bagomba gutwara ibikombe byose biri guhatanirwa mu Rwanda muri iki gihe. Ku rubuga rwa APR FC hand...
Umwe mu bayobozi mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima ushinzwe Ishami ryo kurwanya igituntu, Dr Patrick Migambi avuga ko imibare yatanzwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare , NISR, yerekana ko 60% by’A...
Lieutenant General Mubarakh Muganga, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka ari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu nama y’Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka bo muri Afurika. Ni inam...
Hari indirimbo y’umuhanzi Masabo Juvénal ivuga ko mu bitaro ari kwa muganga kandi ngo barasanasana iminsi ikicuma. Nibyo koko barasanasana. Umwe muri abo bahanga basanasana umuntu iminsi ikicuma ni Dr...
Abasirikare b’u Rwanda 750 nibo bazoherezwa muri Centrafrique mu gihe kiri imbere, ariko hari 300 muri aba baherutse koherezwa yo. Bose hamwe bazaba bagize indi batayo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda z...
Guhera tariki 12 kugeza tariki 19, Kamena, 2021 itsinda ry’abasirikare bo muri Nigeria bayobowe na Brigadier General Aniedi Edet bari mu Rwanda mu ruzinduko shuri. Kuri uyu wa Kabiri bahuye na Lieufte...
Ubuyobozi bwa APR FC burifuriza intsinzi ikipe y’igihugu Amavubi igiye gukina umukino wo guhatanira itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika CAN na Cameroon uyu munsi saa tatu z’ijoro (...
Mu nteko y’Ikipe ya APR FC yabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2021 yatoye ubuyobozi bushya bwa APR FC. Major Gen Mubarakh Muganga niwe wagizwe Chairman wayo avuye ku m...








