Dr.Jean Claude Semuto Ngabonziza ni Umyunyarwanda w’imyaka 40 y’amavuko. Aherutse kuvumbura ubwoko butari buzwi bw’agakoko gatera igituntu kandi avumbura n’uburyo bwo kukarwanya. Ni ibintu avuga ko bi...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC b bwemeje ko iyi kipe igiye kongera gukinisha abanyamahanga. Lt Gen Mubarakh Muganga uyiyobora yavuze ko mu gihe iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda yabona itike yo kuzahagararir...
Umwe mu baganga bo mu Bitaro bya Nyanza yafunzwe n’Urwego rw’ubugenzacyaha akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana wari wagiye kwa muganga ngo bamusuzume, avurwe. Uwo mwana afite imyaka 16 y’amavuko. Ic...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, RDF, bwaraye burangije imyitozo yari imaze iminsi ihabwa abasirikare bashya bari bamaze iminsi mu myitozo ya gisikare mu kigo cyitwa Basic Military Training Centre kiri...
Muri Espagne hari umugore polisi iherutse gufatwa nyuma y’uko cameras zimufotoye yiba uruhinja mu bitaro. Yari yaje yigize Umuforomokazi ukora ahitwa Bilibao. Abapolisi bari bamaze igihe bashaki...
Ubuyobozi bwa APR FC buherutse gukoresha inama abakinnyi n’abandi bakozi bakuru muri iyi kipe bubabwira impamvu zatumye umutoza Adil hamwe na Kapiteni Djabel Manishimye bahagarikwa. Lt Gen Mubalakh ...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka akaba na Perezida wa APR FC Lt Gen Mubarakh Musabye yasabye imbabazi abafana na APR FC kubera ko imaze iminsi ibaraza nabi kuko yatsinzwe cyangwa yangan...
Umuyobozi mukuru w’icyubahiro wa APR F.C Gen James Kabarebe ari kumwe na Chairman wayo Lt Gen MK MUBARAKH basuye iyi Kipe baje kuyishimira uko yitwaye ubwo yakinaga US Monastir mu mukino wabaye mu mp...
Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyobora Ikipe APR FC avuga ko abumva ko hari abanyamahanga bazakinira iyi kipe akiyiyobora ko basubiza amerwe mu isaho.Yababwiye ko iyi kipe izongera gukinisha abanyama...
Ikip AS Kigali yegukanye igikombe cy’Amahoro cya 2022, itsinze APR FC igitego kimwe ku busa(1-0). Ibi byabaye gutenguha Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyiyobora kuko hari hashize amezi abiri ‘...









