Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga hamwe n’abandi bayobozi mu ngabo z’u Rwanda babwiye abashinzwe umutekano muri za Ambasade zikorera mu Rwanda uko umutekano warwo wifashe ndet...
Mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka icyenda wamize agapfundikizo k’ikaramu yari arimo ahekenya karamwica. Aho kugira ngo kamanukire mu mwanya w’ibiribwa...
Mu Rwanda hari itsinda ry’ingabo z’Ubufaransa ziyobowe na Brig Gen Fabien Kuzniak usanzwe ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ngabo, akaba yahuye na bagenzi be bayobora ingabo z’u Rwanda baganira uko impa...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse gushyirwa mu nshingano mu nzego z’umutekano w’u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko ibyo bakora byose n’urwego baba bakoramo urwo ari rwo rwose, ko um...
Perezida Kagame yategetse ko Major General Aloys Muganga na Brigadier General Francis Mutiganda birukanwa mu ngabo z’u Rwanda. Birukananywe n’abandi ba Ofisiye 14. Bikubiye mu itangazo rigenewe abanya...
Nyuma y’uko Perezida Kagame ashyizeho umugaba mushya w’ingabo ari Lt Gen Mubarakh Muganga, asimbuye Gen Jean Bosco Kazura, aba bagabo bahererekanyije ububasha. Ni igikorwa cyabereye ku Biro bya Minis...
Mu Kagari ka Bisate, Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze haravugwa umugore w’imyaka 22 y’amavuko wanyweye umuti wica udukoko bita Tiyoda ngo umwice( ku muntu ni uburozi bukomeye), abantu baramurut...
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yabwiye abakinnyi ko mu gihe batisubiye ho hari impinduka zazakorwa kandi zikazagira abo zikoraho. Abo bashobora kuzirukanwa mu mpera z’uyu mwaka w...
Ubuyobozi bwa Flash Radio&TV mu Karere ka Nyagatare bwabwiye Taarifa ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Gashyantare, 2023 abagizi ba nabi bateze umunyamakuru wabo witwaga John Gumisir...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu Umuyobozi wa APR F.C Lt Gen Mugamga Mubarakh yaraye akurikiranye imyitozo y’iyi kipe. Yabwiye abakinnyi ko bagomba kwitegura umukino uri bubahuze na Musanze FC...









