Mugabowagahunde Maurice uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko Akarere ka Gicumbi kagomba kugira inyubako zicyeye n’abaturage bakagira isuku. Nyuma yo gusura ibikorwa byerekana iterambere ...
Kuri uyu mugoroba, Guverineri Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye ku mugaragaro uruganda ruzakora inzoga ikomeye ya Vodka mu birayi. Ni uruganda rwitwa Virunga Mountai...
Théophila Mukamugambi, Umuyobozi w’agateganyo w’Ishami rishinzwe gahunda yo kugaburira abana ku ishuri muri Minisiteri y’uburezi niwe watangarije i Nkumba mu Karere ka Burera iby’iyo mibar...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko kuba ingagi zitwa amazina buri mwaka mu muhango ngarukamwaka byazamuye imibereho y’abatuye iyo Ntara. Ibi kandi byashimangiwe...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye inyubako nshya izakoreramo ibiro by’abakozi b’Akarere ka Burera. Burera yari kamwe mu turere tutagiraga inyubako nshya dukoreramo. Kugeza...
Hari abayobozi bagize Uturere tw’Intara y’Amajyaruguru bavuga ko kuba nta ngengo y’imari yagenewe gusana ibikorwa remezo byarangiritse, bibadindiza mu mihigo. Bavuga ko kuba hari ubwo hatangwa amasoko...
Mu Mirenge ya Rwamiko na Mataba mu Turere twa Gicumbi na Gakenke hari abaturage batinyutse babwira itangazamakuru ko hari abayobozi b’inzego z’ibanze( ku rwego rw’Umudugudu) babaka ruswa. Babwiye Radi...
Ubwo yahererekanyaga ububasha n’uwo asimbuye ari we Dancille Mukarugero, Bwana Maurice Mugabowagahunde yasabwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda buherutse guhunga...
Maurice Mugawagahunde yasimbuye Dancille Nyirarugero wari usanzwe ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru. Uyu we yagizwe Komiseri muri Komisiyo y’igihugu yo gusubiza abahoze ku rugero mu buzima busanz...








