Kuri uyu wa Kane Tariki 30, Nyakanga, abana 120 baturutse hirya no hino barahabwa impamyabumenyi z’uko bamaze ibyumweru bibiri bahugurwa mu ikoranabuhanga. Izo nyandiko zerekana ko bahawe ubwo b...
Ikigo cy’umuherwe Elon Musk gikora imodoka zifite ikoranabuhanga rituma zitwara kitwa Tesla cyazishyizemo irindi koranabuhanga bita ASS( Actually Smart Summon) rizajya rituma nyirayo ayibwira ikamusan...
John Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza yabwiye Taarifa ko ubuyobozi bw’ako, ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako, bazahemba abana bo muri Kayonza Modern School baraye babaye aba mbere mu guha...
Minisiteri y’uburezi na Kaminuza y’u Rwanda basubukuye guha laptops abanyeshuri b’iyi Kaminuza bazisabye. Gahunda yo gutanga izi mudasobwa zigendenwa isubukuwe nyuma y’uko Kaminuza y’u Rwanda ibwiye T...
Umuvuguzi wa Kaminuza y’u Rwanda Ignatius Kabagambe yabwiye Taarifa ko uru rwego rwa Leta rwamenye ko hari abanyeshuri bagurisha mudasobwa bahawe ngo bazigireho. Ibi byatumye ikora igenzura, abo isanz...
Iryamukuru Etienne wamamaye mu itsinda afatanyije na mugenzi we witwa Japhet rikina umukino bise ‘Bigomba Guhinduka’ aherutse gutegwa n’abagizi ba nabi baramuniga baramwambura bamusiga avirirana. Bya...
Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga harimo no guhugura abaryize kitwa Polygon cyatangije umwiherero ugamije gufasha Abanyarwanda bazi ikoranabuhanga kongera ubumenyi muri uru rwego. Ni amasomo baz...
Hari abantu bane Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi ibakurikiranyeho ubujura bakoreye abashyitsi bari bakiriwe muri Kigali Convention Center no muri Kigali Marriot. Abo bantu bafatanywe mudasobwa biv...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’ikoranabuhanga gifite muri serivisi zacyo imikorere y’urubuga IREMBO witwa Israël Bimpe avuga ko hari gahunda bafite yo kuvugurura uru rubuga rukagendana n’uko ikoran...
Muri iki gihe ikoranabuhanga mu kubika amakuru ryaragutse cyane k’uburyo hari ibyuma bifite ubushobozi bwo kubika amakuru yose yanditse mu bitabo biri muri Nzu y’ibitabo y’u Bwongereza kuko muri iki ...









