Prof. Joseph Mucumbitsi usanzwe ari umuganga w’indwara z’abana ndetse akavura umutima n’imitsi, avuga ko mu Rwanda hari ikibazo cy’ubuzima gikomeye kuko 8% by’urubyiruko rufite imyaka y’amavuko iri ha...
Minisiteri y’ubuzima ikunze kubwira abaturage ko kimwe mu byugarije ubuzima bw’abatuye imijyi y’u Rwanda ari uko badakora imyitozo ihagije bigatuma ibyago by’uko barwara indwara zitandura byiyongera. ...

