Muri Kaminuza ya UNILAK haraye yamurikiwe igitabo Pasiteri Ezra Mpyisi yasize yanditse yise ‘Inkomoko y’ibyiza byose: Imana’. Uyu mukambwe aherutse gutabaruka afite imyaka irenga 100. Hagati aho kandi...
Abanyarwanda bo mu nzego z’ubuzima zitandukanye bagiye gusezera no guherekeza Pasiteri Ezra Mpyisi watabarutse mu mpera z’Icyumweru gishize afite imyaka 102 y’amavuko. Bamwe mu bazwi bamuherekeje hari...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko Pasiteri Ezra Mpyisi Yatabarutse. Ni umwe mu Banyarwanda b’abanyabwenge u Rwanda rwari rufite. Uyu mukambwe abantu bari bamuziho kumenya kuganira, kugira abakiri...
Umukambwe wubashywe cyane mu Rwanda Pasiteri Ezra Mpyisi yavuze ko abavuze ko yapfuye ari abagaragu ba satani kuko batamwifuriza ibyiza. Avuga ko agihumeka, akireba, acyumva kAndi akibasha kwandika....
Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi yaraye akorewe ibirori by’uko aherutse kuzuza imyaka ijana. Ni ibirori byabereye muri imwe muri Hoteli z’i Kigali ariko mu ibanga hirindwa ko hashoboraga kuza abantu be...




