I Yokohama mu Buyapani hatangiye inama mpuzamahanga ihuza Afurika n’iki gihugu yitabiriwe n’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga, ibanziriza izahuza Abakuru b’ibihugu izaba mu minsi iri imbere. Bayita ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko hari ikawa yasuzumiwe ubuziranenge basanga buri hejuru k’uburyo igiye kugurishwa ...
Abana bahagarariye bagenzi babo baherutse kubwira abayobozi muri REMA bari babatumiye ngo baganire, ko ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma batajya kwiga. Uw’i Burera yavuze ko iyo ikiraro gic...
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris kuzakatira igifungo cy’imyaka 30 Umunyarwanda Dr.Eugène Rwamucyo ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatu...
Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) bwemeje ko mu Rwanda hazashyirwa ikigo bise ‘Centre Satellite’ gitoza uyu mukino ku rwego mpuzamahanga. Iki kigo kizubakwa muri Musan...
Kuri uyu wa Mbere taliki 20, Ugushyingo, 2023 muri Marriot Hotel i Kigali harabera igikorwa u Rwanda rwifatanyamo n’amahanga mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana. Ariko se muri rusange aba...
Itsinda ry’abakozi bo mu Kigega mpuzamahanga cy’imari bavuga ko ubukungu bw’u Rwanda buri kuzamuka neza kuko ubu buri ku kigero cya 6.3% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2023. N’ubwo bimeze gutyo, ...
Rwanyindo Fanfan Kayirangwa wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo mu Rwanda yahawe inshingano zo kuba umuyobozi wungirije w’Umuryango mpuzamahanga w’abakozi akaba n’Umuyobozi wawo ku...
I Kigali hagiye kubera Inama Mpuzamahanga Y’iterambere ry’Umugore yiswe Women Deliver 2023 Conference izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 17, Nyakanga, 2023. Abagore baturutse imihanda yose bageze i K...
Irushanwa ryiswe Kigali Peace Marathon ryari risanzwe ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, guhera mu mwaka wa 2024 rizazamurirwa urwego rijye ku rwego rw’isi. Ni amakuru yatangajwe na...









